Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Havumbuwe uburyo butuma tutazongera gusaza

Ni mubushakashatsi NASA (National Aeronautics and Space Administration) iheruka gukorera munsi y’amazi, ngirango murabizi ko isi dutuye hafi 70% ari mazi 30% akaba ari ubutaka dutuye muri ayo mazi rero agize 70% harimo inyanja, ibiyaga n’imigezi byibuza ikiremwamuntu kimajije gusura 20% y’amazi ari kuri iyi si byumvikana ko ahasigaye 80% ikiremwanamuntu kitarahagera, ntikizi ibiberamo mugihe cyabashije kugera ku mibumbe itandukanye harimo nka MARS, bijya bihwihwiswa ko hazaturwa.

Ibi bihita bikwemeza ko umuntu azi umubumbe wa MARS  kurusha uko azi ibibera mu nyanja zitandukanye, muri ubwo bushakashatsi NASA iheruka gukorera mu nyanja yaje  kuvumbura bitunguranye  ko umuntu gutura munsi y’amazi by’igihe gito bishobora kuba byamusubiza ibwana, ni mubushakashatsi NASA yakoze yifashishije umwe mu mu basirikare warwaniraga mu mazi witwa JOSEPH DITURI, aho bamushyize mu nyanja ya atlantic amaramo iminsi 100 aho yiberaga mu kintu kimeze nkubwato bari baramukoreye kirimo ibikenerwa byose ngo bitunge umuntu.

Harimo aho aryama na oxgyen nyinshi ihagije, iyo minsi yayibayemo irarangira mukuzamukamo ikintu cyatunguranye nuko basanze yaragabanutseho imyaka igera ku icumi, kuko ajya kumanukamo yarafite imyaka 56 ariyo yanditse ku ndangamuntu ye, ariko abaganga bamupimye kuburyo bw’imikorere y’umubiri we basanga afite 46, barongeye baramupima akivamo  basanga imikorere y’umubiri we yagabanyutseho imyaka igera ku icumi ubu imikorere umubiri we umeze nk’uwumusore w’imyaka 36.

Havumbuwe uburyo butuma tutazongera gusaza
RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments